in

Ibintu Kate Bashabe yakoreye Mani Martin yihaye kumutereta biteye agahinda

Mu minsi ishize Kate Bashabe ya postinze ifoto kuri Instagram nuko umuhanzi ukomeye hano mu Rwanda ariwe Mani Martin ahita yihutira muri comments ajya gutaka uburyo ataye neza. Gusa ibyo uyu mukobwa yamukoreye nyuma yaho ntibisanzwe.

Mu gihe abafana babo bari bakibaza niba hari umubano baba bafitanye hagati yabo wihariye, Kate Bashabe akaba yarasihe afata icyemezo cyo gusiba iyo foto ndetse ntiyagarukira aho ahita agenda blocka umuhanzi Mani Martin kuri Instagram.

Ibi rero akaba ari ibintu bitangaje dore ko uyu muhanzi Mani Martin, ari umwe mu bahanzi bakoranye na Kate Bashabe ku ndirimbo ye yashyize ahagaragara umwaka ushize yitwa You and I. Gusa nanone uyu mukobwa umaze iminsi avugwaho mu rukundo n’umukinnyi Sadio mane wa Liverpool akaba yaragaragaje inshuro nyinshi ko adashaka kuvugwaho mu rukundo n’umuhanzi nyarwanda uwariwe wese bikaba wenda byaba aribyo byatumye asiba iyo foto akana Blocka Mani Martin ngo atazongera.

Muribuka muri 2017 nabwo yigeze kujya USA ahura n’umuhanzi Meddy gusa ayo mashusho bari kumwe akiyabona mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda yahise yihutira kuyasiba vuba na bwangu kuri social media akoresha ndetse yewe n’ikindi gihe yakunze kugenda avugako ashaka kuva kuri social media kubera pression y’abafana be.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

ShaddyBoo yiyerekenya yakuyemo imyenda umusore ari kumukorera Massage

Kylian Mbappe yakuriye inzira ku murima ikipe yose yaba yifuza ku mugura