Ubuzima
Ibimenyetso bizakubwira umugabo uzi gutera akabariro

1.Kwinyonga:
Umugabo w’ umuhanga mu gutera akabariro iyo muri mu mibonano mpuzabitsina yiyegereza umugore we neza ubundi akamugwamo wese ku buryo mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina agerageza akazanjya yinyonga kuburyo umugore nawe yumva nkaho ari gukora imibonano mpuzabitsina mu muziki.
2.Agusoma buhoro:
Niba umugabo agize atya agafungura umunwa we agiye gusoma umugore we,ururimi rwe agomba kurutosa ndetse akamusomana umutuzo adahubuka.Kandi iyo agiye kumusoma agerageza gufata umunwa umwe kuri umwe hanyuma ururimi rwahura n’urwe agasa n’umwenyuramo,icyo gihe umugore we aba yumva yashize ndetse ari nako agenda aryoherwa.
3.Atuma umugore we yiyumvamo ubwiza:
Nta shobora kubwira umugore we ko aryoshye wapi,ahubwo uko agenda amukora kora cyangwa amwiyegereza,niko umugore nawe agenda yiyumvamo ko ateye neza,Ikindi uburyo umugabo arebamo umugore bimutera gushaka gukora imibonano mpuzabitsina,kandi uko avuga umugabo niko umugore agenda yumva ari gushira,bimutera ibyiyumviro bindi.
4.Ashyira amaboko ye mu bice by’ingenzi by’umugore we:
Ubundi hari abazi ko gukorakora igitsina cy’umugore aribyo bintu bituma nawe ashaka gukora imibonano mpuzaitsina,hoya!Ahubwo icyerekana umugabo uzi gukora imibonano mpuzabitsina,nuko mu gihe ari gusomana n’umugore we,atangira k’umukorakora mu mutwe ubundi agatangira gufata imisatsi yawe,ayiguya guya buhoro buhoro ndetse akagera no ku matwi ayakorakora buhoro buhoro.
5.Ntajya avuga ku byerekeranye n’imibonano mpuzabitsina:
Ubundi hariho abagabo bagira gutya bakabwira abagore babo ngo bakore imibonano mpuzabitsina,ariko umugabo uzi gukora imibonano mpuzabitsina unjya kumva atangiye kugukorakoraho kugeza igihe nawe yumva koko agiye muri bya bihe yumva ashatse gukora imibonano mpuzabitsina,muri make ibikorwa birigaragaza n’uburyo agenda agukorakora.
6.Azi kuyobora ibitekerezo by’umugore:
Abagore benshi bumva ko niba umugabo atazi kumenya niba umugore ashaka gukora imibonano mpuzabitsina atiriwe abivuga uwo nta mugabo umurimo.Umugabo uzi icyo gukora ni wawundi umenya ko umugore ashaka gukora imibonano mpuzabitsina,ubundi nawe agahita amenya uburyo amutwaramo.
SRC: UMURYANGO.RW
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda22 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
Hanze24 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Imyidagaduro18 hours ago
Bamenya yashimishije abantu bikomeye ubwo bamutunguraga ku isabukuru ye y’amavuko (AMAFOTO)
-
Ikoranabuhanga20 hours ago
Birababaje:Umwana w’imyaka 12 yapfuye aheze umwuka ubwo yakoraga《Blackout Challenge 》yo kuri Tik Tok.
-
Imyidagaduro15 hours ago
Wa mukobwa wo mu ndirimbo ikinyafu biramurenze|Noneho agiye kwiga.
-
urukundo23 hours ago
Amakosa ukwiye kugendera kure niba ushaka ko umukunzi wawe mutangiye gukundana mugumana.
-
Utuntu n'utundi20 hours ago
Uyu mugabo ni we wa mbere ku isi waciye agahigo ko kumara igihe kirekire yafunze umwuka adahumeka.
-
Izindi nkuru5 hours ago
Umugabo yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatwaga ku ngufu n’abagore babiri barwaye SIDA bamufatiyeho imbunda.