urukundo
Ibimenyetso 5 bigaragaza ko umuhungu ukunda adakunda abagore na gato

Rimwe na rimwe abakobwa bakunda abasore nyamara abo basore bose sikimwe, hari ababa bafite urukundo nyakuri ku buryo iyo utishimye bitamunyura hakaba n’abandi batagira icyo bitaho murukundo rwabo ndetse bigasa nkaho atanashaka kukubona iruhande rwe
Twagerageje kubakusanyiriza bimwe mu bintu biranga umusore udakunda abakobwa kugeza naho iyo hagize umukunda amubabaza iteka.
Dore ibiranga bene uwomusore:
Nibyo koko uri umugore ni byo bigomba kukunyura, ariko niba uwo ukunda ahora akubwira iteka ubushobozi bw’abagabo gusa ntiyite k’ubushobozi bw’abagore ashobora kuba adakunda igitsina gore habe na mba.
2 .Uzahora wumva avuga ko abagore ntacyo bashoboye
Aha uzajya wumva akubwira ko nta kintu kizima umugore yakora ngo kibe kizima agahora avuga ko abagabo ari bo bagize Isi, niba ufite nk’uyu ushatse watangira kumuvaho
3. Azagucecekesha mugihe ari kuganira n’undi musore mugenzi we
Ntazigera yifuza kumva ikikuvamo cyaba igitekerezo cyangwa inyunganizi ahora yumva ko ari we ufite ijambo rya nyuma ko wowe ntacyo wamugiramo inama.
4. Azakunda gutesha agaciro abagore abita abasazi n’imburamumaro
Ikizakubwira ko umugabo adakunda abagore nuko iteka ahora avuga ko abagore ari abasazi ikiza rero nuko wagenda hakiri kare ataragusaza kuko ntuzigera ubona urukundo rwe na gato
5. Uzumva akubwira ko ubukwe ntacyo buvuze kuri we
Kubijyanye n’ubukwe azahora akubwira ko atasezerana n’umugore kuko abona ko byaba bisa nabi cyane ndetse ko ari ukwangiza umutungo.
Igihe cyose uzabona ibimenyetso nkibi k’umusore wakunze uzahite ubivamo hakiri kare ibintu bitarakara kuko wababara kurushaho.
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro19 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
urukundo9 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Utuntu n'utundi24 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Ubuzima10 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda23 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda22 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo22 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze19 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze