in , ,

Ibihembo mu myitozo yunganira Car Free Day…Abo mu Ntara ntibahejwe

Minisiteri ya Siporo igiye gutangiza ibiganiro bizajya byerekanwamo imyitozo ngororamubiri kuri televiziyo zitandukanye, Abanyarwanda basubiyemo neza imyitozo yakozwe, bazajya batsindira ibihembo. Imyitozo ngororamubiri ni imwe mu ngamba zo kwirinda indwara zitandura kandi ikaba itera umubiri kugira ubudahangarwa mu kurwanya indwara. Mu rwego rwo kunganira gahunda ya Siporo Rusange izwi nka  Car Free Day, iba kabiri […]Minisiteri ya Siporo igiye gutangiza ibiganiro bizajya byerekanwamo imyitozo ngororamubiri kuri televiziyo zitandukanye, Abanyarwanda basubiyemo neza imyitozo yakozwe, bazajya batsindira ibihembo. Imyitozo ngororamubiri ni imwe mu ngamba zo kwirinda indwara zitandura kandi ikaba itera umubiri kugira ubudahangarwa mu kurwanya indwara. Mu rwego rwo kunganira gahunda ya Siporo Rusange izwi nka  Car Free Day, iba kabiri

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

URUGANDA RWA VOLKSWAGEN

Igihe Tour du Rwanda 2021 izabera cyamenyekanye