in ,

Ibibazo byafashe indi ntera hagati ya President Donald Trump na Barack Obama

Mu minsi yashize nibwo Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yashoraga ikirego mu nkiko yemeza ko yaba yarabangamiwe bikomeye n’uwo yasimbuye Barack Obama, icyo yamuregaga ntakindi nuko yamushinjaga kumwumviriza kuri Telephone ye ngendanwa, kandi agahamya ko Obama yabikoze mbere na nyuma y’amatora.

Image result for trump vs obama furious

Muri iki gitondo rero nkuko tubikesha ikinyamakuru the new york times, umusenateri Ben Sasse uri gukurikirana iby’uru rubanza akaba yasabye Perezida Donald Trump kuzana ibimenyetso bishinja Obama kuriryo kosa amushinja,kuko ari ikosa rikomeye ryanabangamira umutekano w’igihugu kugirango urubanza rube rwatangira gusengurwa ruherewe mu mizi, akaba yanashimangiye ko ibyo bimenyetso nibiramuka bitabonetse ikirego cya Trump kitazigera gihabwa agaciro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Amagambo Lionel Messi yatangaje ku mutoza we ntasanzwe

Nkwerekane by Jose Mike