imikino
Ibi ni ibihe bikomeye mu mikinire y’umukinnyi Messi (Impamvu)

Ubu urukiko rukuru hariya muri Espagne rukurikiye Lionel Messi ,umwataka rurangiranwa wa Argentine ndetse na Fc  Barcelona,Impamvu nta yindi n’uko ngo yanyereje umusoro ungana na miliyoni 4,5 ,hagati ya 2007 na 2009.
Nk’uko Mundo Deportivo ,ibivuga ,ngo urubanza rwa Messi rwatangiye uyu munsi,Messi na se ngo bafatanyije kubeshya abasoresha,babwira amafaranga make kuyo binjiza,ikindi kandi ngo bifashishije business muri  Urguay na Belize aho badatanga imisoro,n’uko abasoreshaga babajije bavuga ko ngo ayo mafaranga yinjizwa n’izo business ntaho ahuriye n’umushahara wa Messi.
Ubundi amafaranga Messi ngo yasoreshwaga gusa ,ni umushahara n’amasezerano  yo kwamamaza yagiranye na Banco Sabadell, Danone, Adidas, Pepsi-Cola, Procter, Gamble, ndetse company ikora ibiryo yo muri Kowait.
Ubushinja cyaha busaba ko Messi na Se umubyara bafungwa ,ndetse bakanatanga ihazabu ,kugira bibere urugero n’undi wese watekerezaga kunyereza umusoro.
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro19 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
urukundo9 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima9 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda22 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo22 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze19 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze