in ,

I Kigali habereye igitaramo cyo kwibuka Kamaliza, hashimirwa abamubereye aho atari (amafoto)

Kamaliza ni izina rizwi cyane muri muzika nyarwanda, ingeri zose z’abanyarwanda bagiye bakunda indirimbo ze, amateka ye ni ikindi cyatumye benshi biyumva muri uyu muhanzikazi. Kuri uyu wa 12 Kanama 2017 habaye igitaramo cyo kwibuka uyu muhanzikazi ndetse no gukusanya inkunga yo gufasha abana yareraga.

Iki gitaramo cyo kwibuka Mutamuliza Annonciata wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda nka Kamaliza cyabereye muri Serena Hotel i Kigali kigaragaramo abahanzi bakomeye barimo; Intore Masamba, Jules Sentore, Nyiranyamibwa Suzana, Mariya Yohana n’abandi benshi. Ni igitaramo kitabiriwe ku buryo bukomeye dore ko hari ingeri zose z’abakunzi b’umuziki yaba abakiri bato ndetse n’abakuze, cyari igitaramo cy’ibyishimo ku bantu bose bagikurikiye.

Muri iki gitaramo kandi mukuru wa Kamaliza wamubereye aho atari akamusigaranira abana yareraga akabitaho kugeza magingo aya nubwo nta bundi bushobozi yari afite bwihariye yagenewe ishimwe. Usibye mukuru wa Kamaliza wagenewe ishimwe ariko kandi irindi shimwe ryagenewe abahanzi babanye nawe mu buhungiro ubu bakaba baramusigariyeho bahanga ibifitiye abanyarwanda akamaro.

AMAFOTO:

Kamaliza

Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Umunyarwenya Gasumuni ni we wayoboye ibiroriKamaliza
Mukuru wa Kamaliza nawe yari ahariKamaliza
Cyari igitaramo cyitabiriwe n’abato kimwe n’abakuruKamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza

Byari ibyishimo…Kamaliza

Kamaliza
Kamaliza
Abasaza bitabiriye iki gitaramoKamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza

Cyari igitaramo cy’ibyishimo ku babyeyi…Kamaliza

Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Jules Sentore ataramira abari ahoKamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Suzana Nyiranyamibwa asusurutsa abari ahoKamaliza
Kamaliza
Ababyeyi bacinya akadiho mu ndirimbo za Nyiranyamibwa …Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Mukuru wa Kamaliza yagenewe ishimweKamaliza
Kamaliza
Ababanye na Kamaliza mu buhungirobahawe nabo ishimwe Mariya Yohana aganiroza abari aho kuri KamalizaKamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Mariya Yohana yashimishije abitabiriye iki gitaramoKamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Kamaliza
Intore Masamba nawe yataramiye abari aho

Source: inyarwanda.com

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy, The Ben, Urban Boys na DJ Phil Peter bari mu bahatanira ibihembo bikomeye cyane muri Africa (inkuru irambuye)

Irebere ukuntu umuhanzi Meddy yiteguwe hano mu Rwanda