Izindi nkuru
Havumbuwe impamvu za slayqueen zisigaye zijya gushakira amaronko i Mahanga zisize abakire hafi yazo

Hirya no hino ku isi usanga za slayqueen nyinshi ziba zifite inyota yo kujya gushakira amaronko i Mahanga nyamara hafi yazo naho hari abakire ndetse bafite n’amafaranga. Hari impamvu nyinshi zitandukanye zituma aba bakobwa bicuruza bazwi nka slayqueen bajya gushakira amaronko hanze y’ibihugu byabo. Hano twabegeranyirije zimwe mu mpamvu z’ingenzi zituma abakobwa bicuruza (slayqueen) bajya gushakira amaronko i Mahanga.
1. Baba bumva hanze ariho bazakora ibyo bashaka bihishe ndetse banitaruye iwabo: Abakobwa benshi bicuruza bakunze gutinya ko hari abantu baziranye cyangwa abo mu miryango yabo bazababonana n’abagabo inaha bakaba babakekera ko bicuruza bityo bakigira hanze y’igihugu cyabo akaba ariho bajya gushakira amaronko.
2. Baba bumva abagabo/abakire bo hanze y’igihugu cyabo aribo batanga agatubutse kurusha abiwabo: Abakobwa benshi bicuruza baba bumva hanze y’igihugu cyabo ariho hari abagabo batanga amafaranga atubutse gusa iyi myumvire si iy’abakobwa bicuruza gusa kuko usanga n’abandi bantu bayifite baba bumva ko nibajya hanze ariho bazabona agatubutse ndetse bakabona n’imirimo yagutse gusa bose siko bibagendekera.
3. Baba bafite inyota yo kujya kureba imico y’ahandi: Iki kintu usanga abakobwa bicuruza usanga bose bagihuriyeho kuko usanga bose baba bafite inyota yo kujya kureba imico y’ahandi kugirango naho barebe ko bahabona amaronko.
4. Baba bafite umuco wo kwiganana: Abakobwa bicuruza abenshi usanga baba baziranye bityo buri kimwe umwe akoze akibwira abandi ibi bikavamo kwiganana kwa bamwe muri aba bakobwa birumvikana ko iyo hagize umwe muri bo ujya hanze aza abiratira abandi nabo bakagira amatsiko ndetse hakagira na bamwe muri bo bahajya kureba niba ibyo mugenzi wabo yababwiye aribyo.
5. Birabaryohera kubona bagiye hanze y’igihugu cyabo: Abakobwa bicuruza baryoherwa cyane no gusohoka hanze y’igihugu cyabo bakajya kureba uko hanze y’igihugu cyabo hameze ndetse bakanareba niba bahabyaza umusaruro kugirango babone amaronko.
Muri make izi nizo mpamvu z’ingenzi zituma abakobwa bicuruza (slayqueens) bava mu gihugu cyabo bakajya gushakira amaronko hanze. Hari n’izindi mpamvu nyinshi turimo kubategurira tuzazibagezaho mu nkuru zacu zitaha.
Mushobora kuduha ibitekerezo kuri iyi nkuru muciye hasi muri comment section .
-
Imyidagaduro6 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro4 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Imyidagaduro2 days ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
-
inyigisho5 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.