in

Hatagize igikorwa abanyeshuri ibihumbi n’ibihumbi bagiye kurara muri stade

Mu masaha y’umugoroba wo kuri iki cyumweru kuri stade ya ULK huzuye abanyeshuri biga mu bigo bacumbikirwa babuze uko bajya ku bigo bigaho.

Ku banyeshuri batuye mu mujyi wa Kigali cyangwa se abegereye stade ya ULK ababyeyi babo bari kuza ku bafata bakabasubiza mu ngo babuze imodoka.

NESA itangaza ko biterwa n’ababyeyi badakurikiza ingengabihe maze bakohereza abana ku munota wa nyuma.

Ubu hakomeje kwibazwa aho aba banyeshuri baturutse mu ntara bararara, kubera ubwinshi bwabo, ibigo bimwe na bimwe biri gushakira aho abanyeshuri babo barara gusa abandi hatagize igikorwa bari burare muri iyi stade.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kanakuze Salumu
Kanakuze Salumu
1 year ago

Nubundi ntago bashakaga gusubirayo

Kabaye: hakozwe ekuteri(ecouteur)zidasanzwe zizajya zifasha abantu kwiyahura(amafoto)

Ibyiza byo kurara nta kariso wambaye benshi batazi