in

Harmonize yahishuye ikintu ashukisha inkumi z’i Kigali, akomoza no ku ndirimbo yishimiye

Harmonize yakunze Ariel Wayz na Producer Element Eleeeh anagaragaza uko ahagaze ku burwayi bwa SIDA !

Umuhanzi Harmonize wakiriwe mu Rwanda mu rucyerera rw’uyu munsi ku cyumweru yagaragaje ko yakunze byimazeyo umuhanzikazi Ariel Wayz ndetse na Producer Element

Uretse kugaragaza ko yakuze indirimbo “You Should know” ya Ariel Wayz na “Kashe” ya Element Eleeeh ISIBO TV yabonye amashusho agaragaza uyu muhanzi uri mu bakomeye ku mugabane w’Afurika ari kumwe na Ariel Wayz muri Studio ndetse bafata amajwi y’indirimbo bashobora guhuriramo.

Aya mashusho kandi agaragaza umuhanzi Element Eleeeh unakora akanatunganya umuziki ari kumwe na Harmonize ndetse na Bruce melodie bafata amajwi y’indirimbo bitaramenyekana nimba ari iyo bazahuriramo.

Si ibyo gusa kuko Harmonize wakiriwe kiyobozi n’imodoka zirenga 5 zateguwe na Kompanyi ya 1:55Am Entertainment ihagarariwe na Coach Gael agishyika muri Pakin i Kigali acumbitsemo yagaragaje ko nta SIDA irangwa mu mubiri we ibintu byafashwe na benshi nko gukurura inkumi z’i Kigali zikamwegera zitikandagira.

Harmonize yagaragaje kandi ko nta SIDA arwaye nyuma yo gutangaza ko nta yandi mahitamo afite uretse kurongora umunyarwandakazi cyangwa akemera kuraswa mu mutwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Moses n’akataraza azakazana i Kigali: Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yaciye amarenga ko ashobora kuzana Mbappe mu Rwanda

Yari yigize nka kagoma mu kirere! Mu mafoto twinjirane mu mukino Cristiano yaraye akinnye