in

Hari ikipe imwe rukumbi ikomeye Cristiano Ronaldo atigeze atsinda igitego muri Europe!

Cristiano Ronaldo nta gushidikanya ko ari umukinnyi mwiza ndetse biranagoye kumubona mu mukino ngo ube warangira nta gitego aboneye ikipe arigukinira ,ibi binatuma benshi baryoherwa no kureba umukino yakinnye.

Icyakora binyuze ku rubuga rwa twitter y’abakunzi b’uyu mukinnyi bagaragaje ko Cristiano muri shampiyona zose zo  mu burayi ,yagiye atsinda ibitego amakipe y’ibikomerezwa yose ariko uyu mukinnyi yarinze agenda ngo ataratsinda igitego ikipe ya Real Madrid.

Ndetse akaba ari naho abakunzi ba Cristiano Ronaldo bahera bavuga ko uyu mukinnyi nubwo atabivuga cyangwa ngo abyerure ariko Real Madrid iteka azahora ahafata nk’ahantu hadasanzwe , ibyo bo bise mu rugo.

Cristiano Ronaldo kuri ubu yakomereje ruhago mu gihugu cya Saudi Arabia mu ikipe ya Al Nassr ,akaba ashobora kuzasoza amasezerano ahita asezera burundu kuri ruhago.

Cristiano Ronaldo ngo yatsindiye ibitego byinshi Real Madrid ariko nta narimwe yigeze ayitsinda igitego
Cristiano Ronaldo ngo yatsindiye ibitego byinshi Real Madrid ariko nta narimwe yigeze ayitsinda igitego

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Youssef Rharb watakambiye Rayon Sports ayisaba kuyigarukamo yahawe igisubizo cyazamuye amarangamutima ya benshi

Umutoza wa Mukura Victory Sports yavuze imyato umukinnyi wa APR FC yemeza ko ari uwa mbere muri shampiyona y’u Rwanda