in

Hahiye:indaya yanze gusohoka munzu y’umusore mpaka ahasohowe n’abashinzwe umutekano

Mu karere ka Nyarugenge umurenge wa Kimisagara indaya yanze gusohoka munzu y’umusore nyuma yaho avuga ko yanze kumwinshyura amafaranga yearega ibihumbi 50 bari bumvikanye.

Uwo musore uvuga ko ntakintu y’igeze akora ngo kubera mugihe cyase yamaranye n’umukobwa nta bushake nabuke yigeze agira mwijoro ryose kuko babigerageje biranga.

Gusa uwo mukobwa we avuga ko bitamureba kuko yagerageze kumuzamurira ubushake nubwo byanze.

Yavuze ko kuba yabonye nubwamubure bwe agomba kwishyura kuko ntago yambariye ubusa kumureba gusa.

Uyu musore we yirinze gutangaza byinshi  ariko ubwo yakomezaga avuga ko afite umugore n’abana.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Michel Munyarigoga
Michel Munyarigoga
1 year ago

Umubano mubi ukomeje kwiyongera hagati y’umutoza Haringingo Francis n’umukinnyi ukomeye wa Rayon Sports

Umuhanzi Afrique noneho aciye impaka