Imyidagaduro
Gauchi yakoze agashya (Video)

Iyi ndirimbo ‘Baramujyanye’ amajwi yayo yakozwe na producer Junior Multisystem naho amashusho yayo akaba yarafashwe akanatunganywa na Gilbert The Benjamins, iyi ikaba ari indirimbo ya kabiri ashyize hanze nyuma yo kugaruka muri muzika yari amaze igihe ahagaritse akagarurwamo n’akanyabugabo yatewe no kubona umutera ingabo mu bitugu.
https://www.youtube.com/watch?v=EqALU2aopNs
-
Imyidagaduro18 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukobwa bitegura kurushinga
-
inyigisho20 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro15 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.