in

Gareth bale nyuma yo kurya ayo mu mupira w’amaguru agiye gukusanya nayo muri Golf

Ibyumweru bigera kuri 2 birihiritse Gareth Bale wahoze ari rutahizamu ukomeye cyane wa Real Madrid na Los Angeles atangaje ko ahagaritse gukina umupira w’amaguru kumyaka 33 y’amavuko.

Kugeza ubu, nta muntu n’umwe uzi icyo Gareth Bale agiye gukora nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru, gusa yamaze gutangazako azitabira irishanwa rya Golf rizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika muri Gashyantare uyu mwaka.

Iri rushanwa riteganyijwe kuba hagati ya tariki 2 na tariki 5, rizitabirwa n’abandi bakinnyi babigize umwuga barimo muri uyu mukino bagera ku 156. Iri rushanwa rya AT&T umuntu uzaryegukana azahabwa miliyoni zisaga 9 z’amadorari.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza ku ikipe ya Rayon Sports ndetse n’abafana bayo

Umuhanzikazi Doja Cat yagiye mu birori bya Paris Fashion Week asa nk’uwaguye mu maraso