in , ,

FERWAFA igiye gusubukura kubaka Hotel yayo yari yaradindiye

Iyi ni imwe mu ngingo yatangajwe n’umunyamabanga mukuru wa FERWAFA Bwana Regis Uwayezu mu Nteko rusange ya FERWAFA iri kuba kuri uyu wa Gatandatu taliki 17, Ukwakira, 2020. Uwayezu yavuze ko biteguye gutangira kubaka iriya Hotel kandi ko hari umuterankunga babonye uzabibafashamo. Mbere yo gutangaza ko imirimo yo kubaka iriya hoteli iri hafi gusubukurwa, Regis […]

The post FERWAFA igiye gusubukura kubaka Hotel yayo yari yaradindiye first appeared on UMUSEKE.

Iyi ni imwe mu ngingo yatangajwe n’umunyamabanga mukuru wa FERWAFA Bwana Regis Uwayezu mu Nteko rusange ya FERWAFA iri kuba kuri uyu wa Gatandatu taliki 17, Ukwakira, 2020. Uwayezu yavuze ko biteguye gutangira kubaka iriya Hotel kandi ko hari umuterankunga babonye uzabibafashamo. Mbere yo gutangaza ko imirimo yo kubaka iriya hoteli iri hafi gusubukurwa, Regis
The post FERWAFA igiye gusubukura kubaka Hotel yayo yari yaradindiye first appeared on UMUSEKE.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko twaje tumeze bitandukanye n’uko tumeze ubu- Bakame mu myitozo y’Amavubi (AMAFOTO)

Amafoto: Inteko ya FERWAFA yateranye, uwa Nyagatare FC Women ayirukanwamo