in

Feitoto yahishuye icyatumye atandukana na Yanga Sc

Kabuhariwe muri shampiyona ya Tanzania , Feisal Salum Abdalla bakunze gutazira Feitoto ukinira Young Africans yahishuye impamvu yatumye atandukana na Yanga Sc anavuga ko ari nta rukundo na rucye afitiye iy’ikipe.

Ikinyamakuru The Sports Arena ntikigeze cyerura neza ngo kivuge icyo Fei yapfuye na Yanga ,gusa bavuga ko uyu mukinnyi yavuze ko yanyuze muri byinshi bibaje ubwo yari muri iy’ikipe ndetse ko ari nta wundi mubano agirana na Yanga Sc.

Fei avuga ko bitewe n’agahinda yahuriye nako muri Yanga ariko katumye afata iya mbere akayivamo ,kugeza kuri ubu akaba ari gukinira Young Africans.

Mu mpera z’umwaka byari byavuzwe ko Fei Toto ashobora kwerekeza muri Simba

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abaturage bo mu karere ka Karongi bari mubicu kubera hoteli y’icyitegererezo bari kubakirwa mu kiyaga cya Kivu

Umugeni byamubanye intambara kwinjira mu modoka imugeze aho ubukwe bwabereye