in , ,

Federasiyo yo koga yasuye abakinnyi ireba uko bahagaze nyuma y’amezi 7 badakina

Komite nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umukino wo koga mu Rwanda ‘RSF’ yasoje ibikorwa byo gusura amakipe mu Ntara, hasuzumwa uko abakinnyi bahagaze nyuma yo kumara igihe kigera mu mezi arindwi badakina kubera icyorezo cya COVID-19. Ibiganiro ndetse no gusura aya makipe byari bigamije kureba iterambere ry’Umukino wo koga no kuzamura impano z’abakiri bato no kurwanya ibiyobyabwenge. Tariki […]

The post Federasiyo yo koga yasuye abakinnyi ireba uko bahagaze nyuma y’amezi 7 badakina first appeared on UMUSEKE.

Komite nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umukino wo koga mu Rwanda ‘RSF’ yasoje ibikorwa byo gusura amakipe mu Ntara, hasuzumwa uko abakinnyi bahagaze nyuma yo kumara igihe kigera mu mezi arindwi badakina kubera icyorezo cya COVID-19. Ibiganiro ndetse no gusura aya makipe byari bigamije kureba iterambere ry’Umukino wo koga no kuzamura impano z’abakiri bato no kurwanya ibiyobyabwenge. Tariki
The post Federasiyo yo koga yasuye abakinnyi ireba uko bahagaze nyuma y’amezi 7 badakina first appeared on UMUSEKE.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Ykee Benda yarusimbutse nyuma yo gukora impanuka ikomeye

Hamenyekanye icyatumye Zari ajya muri Tanzaniya kureba Diamond Platnumz.