Imyidagaduro
Ese Miss Vanessa Mpogazi bizamusaba guhatana ubugira gatatu kugira abe umunyamideli?

Byamusabye guhatana inshuro zigera kuri 3 kugira ngo abashe kwegukana umwanya w’igisonga cya kabiri mu irushanwa rya Nyampinga w’U Rwanda(Muri 2016),ni,Nyuma yuko incuro z’indi 2 zose yagerageje guhatana muri iri rushanwa yagiye aza mu myanya ya nyuma ariko ntiyacika intege,Kuri ubu yayobotse umwuga wo kumulika  imideli ndetse ubu ari mu bahatana mu irushanwa rizwi nka Top Model Africa gusa amajwi afite muri iri rushanwa ashobora kugutera kwibaza niba na ryo atazaryitabira ubugira gatatu.
Vanessa yagaragaye nk’umwe muri banyampinga badacika intege ndetse nyuma yo kuza mu myanya ya nyuma mu irushanwa rya nyampinga muri 2014 na 2015.Se umubyara yabwiye itangazamakuru ko atumva impamvu umwana we ategukana iri kamba kandi yujuje ibisabwa.
kuri ubu mu irushanwa Vanessa Mpogazi arimo rya Top Model Africa afite amajwi 18 gusa mu gihe harimo abitwa ba Tina Uwase bafite 89,Nthabiseng Kgoronyane wo muri Africa y’Epfo ufite 126 ndetse na Nthabachi Mvula wo muri zambia ufite 105.
-
Inkuru rusange14 hours ago
Nyuma yo gusezera kuri RBA, Tidjara yerekanye igitangazamakuru agiye gukorera
-
inyigisho15 hours ago
Bimwe mu bintu by’ingenzi ukwiye gukora niba wifuza kubona umukunzi ugukunda by’ukuri.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Social Mula yikomye Bruce Melodie amuziza kwishyira hejuru nyuma yuko yitiriwe ISIBO TV
-
Imyidagaduro22 hours ago
Diamond Platnumz yaraye asebereje Tanasha Donna imbere y’abafana be
-
Imyidagaduro12 hours ago
Marina yavuze ku rukundo rwe na Nizzo Kaboss
-
Imyidagaduro10 hours ago
Gafotozi Plaisir Muzogeye yerekanye urukundo we n’umuryango we bakunda umwana wabo muto banamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko
-
Imyidagaduro7 hours ago
Miss Grace Bahati yahishuye impamvu yatandukanye na K8 Kavuyo anavuga icyo akundira umukunzi we mushya.
-
Imyidagaduro11 hours ago
Umuhanzikazi nyarwanda Azina wakoranye indirimbo na Christopher agiye kurushingana n’umukunzi we (AMAFOTO+VIDEO)