imikino
Ese Man u izabasha guhagama Leicester City ,iyibuze gutwara igikombe?

Ibi n’ibyo uwaba buri wese umaze kumenya ko Leicester n’itsinda uyu mukino izaba itwaye EPL yibaza,kuva Tottenham yanganya na West Brom(1-1),ubu irarushwa na Leicester amanota 7 ,ariko kandi buri imwe isigaranye imikino itatu.
Umukino ukurikiye Leicester izahura na Man u ,iramutse iwutsinze ntakabuza yahita itwara EPL ntamususu,Ubu Leicester City imaze imikino 20 istindira iwayo,umutoza wa West Brom we ubwe amaze kunganya na Tottenham yabwiye BBc Radio 5 ko ashaka ko Leicester City itwara igikombe,kubw’amateka yayo ,,,,ati ndatekereza ko ntahandi byaba usibye muri iki gihugu.
Leicester City isigaje gukina na Man u ,Everton na Chersea naho Tottnham yo isigaje gukina na Chersea,Southampton ndetse na Newcastle.
N’ubwo niramuka istinze amashitani atukura izahita itwara igikombe ,izakina na Man U idavite umwataka wayo ,umaze gutsinda ibitego 22,Jamie Vardy,arazira uburyo yitwaye ubwo umusifuzi John Moss yamuhaga carto y’umuhondo ,ubwo Leicester yakinaga na WBA bakanganya ibitego 2:2.kubura kwa vardy n’intambamyi ikomeye cyane ku mutoza wa leicester Claudio Ranieri ariko kandi bamudahusha bayo nka Riyad Mahrez,N’golo Kante,Shinji Okazaki bazaba bahabaye.
-
Imyidagaduro23 hours ago
Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.
-
imikino20 hours ago
Amavubi yari yishyize mu mazi abira kubera umunyamakuru wa RBA
-
imikino10 hours ago
Mutsinzi Ange Jimmy yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga
-
Imyidagaduro7 hours ago
URUKUNDO RURASHONGA:Bijoux wo muri Bamenya uherutse kwambikwa impeta yamaze guhindura Fiancé (VIDEO)
-
inyigisho5 hours ago
Nujya gusezera uwo ukunda ujye umuha ukuboko kw’ibumoso| dore impamvu
-
imikino22 hours ago
Isi yose ikomeye amashyi ikipe y’U Rwanda Amavubi nyuma yo kunganya n’ikipe ya Maroc
-
Imyidagaduro22 hours ago
Miss Naomie yatanze igisubizo gisekeje abajijwe akazi k’ikitegererezo kuri we
-
inyigisho6 hours ago
Uretse amabuno y’abakobwa b’i Kigali, dore ibindi bintu bisigaye bituma abagabo baca inyuma abagore babo