Imyidagaduro
Ese koko indirimbo za Meddy zikundwa kurusha iza The Ben?

Meddy na The Ben ni abahanzi nyarwanda bakunzwe cyane mu Rwanda ,ibi bihera ku indirimbo zabo zagiye zigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki nyarwanda ku isi.
Aba bahanzi bakorera umuziki wabo muri Amerika ,bakomeje kugenda bazamuka mu intera ku isoko mpuzamahanga kubera ibihangano binoze bakora. Kimwe mu gituma benshi bakomeza kubibazaho cyane bigatuma basa nkaho iteka usanga bahora mu majwi y’abantu ni uburyo usanga indirimbo zabo zikunzwe cyane n’urubyiruko dore ko banaririmba cyane k’urukundo maze ugasanga benshi bakomeje guterana amagambo bavuga ngo uyu niwe urenze undi.
Ibintu byaje gufata indi ntera rero kuri iyi nshuro ku ndirimbo bashyize hanze umufiririzo arizo Habibi ya The Ben na Ntawamusimbura ya Meddy ,izi ndirimbo ntizivugwa kimwe ku bafana baba bahanzi kubera ko usanga buri mufana agaragaza amarangamutima ye aho ayerekeje nta gushindikanya agize.
Ibi rero byatumye yegob.rw ,yibaza byinshi maze isubiza amaso inyuma isanga hakunze kubaho gukundwa bidasanzwe ku indirimbo za Meddy kurusha iza The Ben nubwo usanga iza The Ben ziba zifite ubwenge bwinshi mu miririmbire bisanzwe bizwiho ko The Ben ari indashyikirwa mu guhogoza.
-
Inkuru rusange15 hours ago
Nyuma yo gusezera kuri RBA, Tidjara yerekanye igitangazamakuru agiye gukorera
-
inyigisho16 hours ago
Bimwe mu bintu by’ingenzi ukwiye gukora niba wifuza kubona umukunzi ugukunda by’ukuri.
-
Imyidagaduro22 hours ago
Social Mula yikomye Bruce Melodie amuziza kwishyira hejuru nyuma yuko yitiriwe ISIBO TV
-
Imyidagaduro24 hours ago
Diamond Platnumz yaraye asebereje Tanasha Donna imbere y’abafana be
-
Imyidagaduro14 hours ago
Marina yavuze ku rukundo rwe na Nizzo Kaboss
-
Imyidagaduro4 hours ago
Umugore wa Alpha Rwirangira yerekanye ingano y’urukundo akunda umugabo we n’umwana we w’imfura
-
Imyidagaduro8 hours ago
Miss Grace Bahati yahishuye impamvu yatandukanye na K8 Kavuyo anavuga icyo akundira umukunzi we mushya.
-
Imyidagaduro11 hours ago
Gafotozi Plaisir Muzogeye yerekanye urukundo we n’umuryango we bakunda umwana wabo muto banamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko