in

Element yavuze ku ishyamba yagiriwe n’abo bahuje umwuga

MUGISHA Freddy uzwi ku izina rya Element umwe mu ba producer barimo bakora akazi kabo neza, kuri uyu wa gatanu ku munsi w’umuganura yaganuje amwe mu makuru abakunzi be baba batazi amakuru ye dore ko kuyamenya biba bitoroshye.

Yavuze ku mubano we na madebeat aho umubano we utifashe neza gusa ariko nta rwango rurenze hagati yabo kuko nta kindi kintu kirenzeho bajya baganira ni ukuba inshuti gusa biraho ariko nta bindi bintu byimbitse.

Umunyamakuru wa Radio Rwanda ukora mu kiganiro amahumbezi Epa Ndungutse yamubajije kubyo kuba hari abandi ba producer bifuza kuba baririmba ariko bikaba byaranze we yavuze ko ntacyo bimutwaye kuko bitajya bimubuza gukora akazi ke neza.

Element kandi yashimiye abantu bose ukuntu mwamwakiriye neza akiza mu buproducer none n’ubwo abaye umuhanzki yakomeje kwerekwa urukundo kandi ko azakomeza gukora akorera abaturage ibyiza biri imbere kandi yavuze ko hari indirimbo nyinshi ze arimo atunganya

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kabaye: Sandra Teta yongeye kugaragara asomana na weasel mu ruhame (video)

Ikipe ya Apr Fc yatewe utwatsi nyuma yo gusba ibidashoboka muri Ferwafa