in ,

Dore umukinnyi ukomeye Messi na Neymar bifuza kubona mu ikipe ya Fc Barcelona kuburyo bwihuse

Messi and Neymar

Mu gihe abakinnyi ku mugabane w’iburayi bavuye mu biruhuko berekeza mu makipe yabo aho bagiye gutangira imyitozo ndetse no kwitegura imikino ya International Champions Cup, kurubu ninabwo isoko ry’igura n’igurishwa nibwo rishyushye akaba ari nayo mpamvu abakinnyi b’inkingi za mwamba za Fc Barcelona begereye ubuyobozi bw’ikipe yabo bakababwira umukinnyi ukomeye bifuza ko bakinana.

Image result for Bamidele alli

Bamidele Jermaine “Dele” Alli niwe mukinnyi Lionel Messi na Neymar Jr bifuza gukinana nawe muri uyu mwaka wa Saison utaha 2017-2018, kuburyo basabye ubuyobozi bw’ikipe ya Fc Barcelona ko uyu mukinnyi agomba kuyijyamo kuburyo bwihuse nkuko tubikesha ikinyamakuru El Mundo  Deportivo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere ifoto Cristiano Ronaldo yashyize hanze yavugishije abantu benshi cyane

House panel to consider bill to revamp DHS cyber team