Imyidagaduro
Dore uko Oda Paccy yatewe hejuru n’abafana nyuma yo kugaya ibyakozwe na Lick Lick.

YEGOB yaje ku isonga mu gutangaza ko incurango y’ indirimbo nshya ya Meddy  yise “Ntawamusimbura ” yayikuye mu ndirimbo ya Rihanna yise “Love on The Brain”(yasohotse kuri Album Anti muri uyu mwaka). Kumva ko incurango yacuranzwe na Lick Lick  ishishuye ntabwo byaguye neza Oda Paccy babayeho inshuti ndetse bakageza aho kuryamana bakabyarana umwana. Yifashishije Instagram yagerageje kugaya umurimo w’amaboko ya Lick Lick maze abafana bamwe bamusamira hejuru.
mu gitondo cyo kuri iki cyumweru Oda Paccy yanditse kuri Instagram amagambo agira ati”
nsanzwe nemera Licklick kuri production ariko aha ubanza naratakaye cyane.#ntawamusimbura
Meddy na Ben ni abantu 2 batandukanye cyane,#Ntitukabagereranye
the Ben is the BEST ibihe byose…..k Nice ,wonderful,lvly n lvly song brother .ðŸ˜ðŸ˜ðŸ˜ðŸ˜ HABIBI on repeat
@theben3 @producer_pastor_p mwakoz akazi..
Iyaba amarira yasobanura urukundo nkukunda,sinakwigera Mpora💚💚💚💚💚💚💚 happy sunday y’all💓”
@theben3 @producer_pastor_p mwakoz akazi..
Iyaba amarira yasobanura urukundo nkukunda,sinakwigera Mpora💚💚💚💚💚💚💚 happy sunday y’all💓”
Mu magambo agaragaza kugaya “Ntawamusimbura ” yakozwe na Lick Lick ya Meddy no gushimagiza indirimbo yakozwe na Paster P ya The Ben nayo iherutse gusohoka yitwa “Habibi” ntabwo ariko abakunzi b’umuziki bose babyakiriye neza urugero ni nk’uwagize ati”
“Urahubutse cyane rwose niba ufite icyo upfa numuntu ntiwakagombye kubiheraho usenya ibyabandi!”
abandi nabo batangiye kwibaza niba Paccy ari ikibazo bwite afitanye na Lick Lick urugero ni nk’uwagize ati”Production ya lick lick kuvuga ngo usanzwe uyemera warangiza ngo hariya ho ubanza waratakaye cyane ubwo uba ushatse kuvuga iki ?@odapaccy ..ikibazo ufite nindirimbo yakoze cg ikibazo ufite niwe ?..”
Uburakari bamwe batewe n’uko Paccy yashyize The Ben hejuru ya Meddy bwabateye kuvuga ibibari ku mutima urugero ni nk’uwavuze ati”uri urugero rwiza mu kwibeshya no gutikura bidashira @licklick yabaye ururimi rwa 2 rwawe?! Ko mbona aguhora mu mutwe nk’ubwonko ntuteze kumwibagirwa gusa wibuke ko gusenya ibyo akora ariko kumutera imbaraga zo gukora cyane naho @meddy250 we ni ntagereranywa ibyo birazwi @petitstade yaguha ubuhamya ku @mayobera na @theben3ni talented ndabyemera cyane gusa nkawe uziko uzakenera support ya@meddy250 cg nundi wese ntago wari ukwiye kubikora kereka niba ariyo nzira wabonye wakwibutsamo abantu ko ufite new song”
Ese koko nawe urabona ari ikibazo kuba Paccy yavuze uko abona itandukaniro riri hagati ya “Ntawamusimbura” na “Habibi”
Kanda hano ukore Download ya “Habibi” by the Ben
Kanda hano ukore Download ya “Ntawamusimbura” by Meddy
Comments
0 comments
-
Utuntu n'utundi21 hours ago
Umukobwa yarase umukunzi we ko iyo bari kumwe yumva nta ntare yamukoraho ,nyuma imbwa ije bakizwa n’amaguru.
-
Imyidagaduro23 hours ago
Ndimbati yagaragaye mu bukwe bwa Myasiro n’umukunzi we
-
Hanze18 hours ago
Uyu mugabo bamutegeye kurya amagi 50 maze agahabwa akayabo, apfa amaze kurya 42.|Menya icyamwishe
-
Mu Rwanda10 hours ago
Umwana Samantha ukina filime aherutse kwibaruka yitabye Imana
-
Hanze18 hours ago
Amazina ya nyayo y’umugabo Zari yasimbuje Diamond Platnumz arashyize aramenyekanye.
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Abantu benshi batunguwe n’umugore wirukanse yambaye ubusa ubwo hashyingurwaga Prince Philip.
-
Ubuzima2 hours ago
Ibimenyetso simusiga byakwereka ko wamaze kwibasirwa na stress ikabije.