in

Dore ubwoko bw’ibiryo ugomba kujya urya nyuma yo gutera akabariro

Kurya nyuma y’iki gikorwa byongerera umuntu imbaraga aba yatakaje muri icyo gikorwa  ari nayo mpamvu uyu munsi tugiye kubafasha kumenya amafunguro wakwitaho kumeza yawe nyuma yo gutera akabariro.

1.Igi

Igi ni ifunguro ryiza cyane, igi rirafasha cyane, igi rigira utumaro twinshi mu mubiri w’umuntu mu rwego gukomeza

kurya ibidakwiriye gufasha umubiri wawe muri rusange.Kurya amagi nyuma yo gukora kiriya gikorwa birafasha cyane

kuko byongerera umubiri wawe ububasha n’ubushobozi.Kurya amagi bijyana no kurya imboga n’imbuto ndetse n’ibyerekeye amagi n’ibindi bitandukanye.

2.Avoka

Ikindi kiribwa cy’ingenzi cyane ukwiriye kurya nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina ni avoka, iki kiribwa gikundwa n’abatari bake ariko abashakanye bagirwa inama yo kwita ku kiribwa cya avoka kuko gifasha mugusubirana imbaraga ziba zatakaye nyuma mu gikorwa nyiri zina.Iyi avoka ibonekamo vitamin E.Urukundo ni ingenzi cyane.

4.Watermlon

N’ubwo batayitaho ariko ikiribwa cya Watermelon n’ingenzi cyane Yuma y’igikorwa.

5.Imineke.

6.Ibijumba

Ikiribwa cy’ibijumba n’inzi cyane nyuma y’igikorwa cyo gutera akabariro.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Donny van de Beek wa Manchester United agiye kumara umwaka adakandagira mu kibuga

Rayon Sports yemeye kuzamura amafaranga kugira ngo itere gapapu AS Kigali kuri rutahizamu Sumaila Moro