in ,

Dore uburyo Miss Keza Joannah yasebejwe no kwiyongera ikibuno ku foto

Bizwi neza ko abakobwa bakunzwe na benshi muri iki gihe ari abafite ibibuno binini,niba ubihakana. Ibaze impamvu  ibyamamare bikunzwe n’abakuru ndetse n’abato nka  Kim Kardashian, Jennifer Lopez, Nicki Minaj,Iggy Azalea, Amber Rose ,Draya Michelle ..n’abandi baganye amavuriro kugira ngo biyongereshe  ingano z’ibibuno kugira  bo kujya birirwa barwana n’ikoranabuhanga rya Photoshop biyongerera ingano z’ibibuno n’ibindi bice  ku mafoto.

 

Mu gihe utarabona igisubizo cy’ibyo abahanga mu gufotora bemeza neza ko ifoto ya Nyampinga Keza Joannah wabaye uhagarariye umuco mu Rwanda mu mwaka wa 2015  igaragaraho kwiyongerera ingano y’ikibuno ku buryo budashidikanywaho

Ifoto igaragaza Joannah yambaye ikabutura yo mu bwoko bwa Jeans  ndetse n’ishati bisa,ishati irangaje ariko yikinze isengeri  ifite ibara ry’umukara mu gituza. Iyi foto igaragaza ukwiyongera  gutangaje kw’ahagana ku cyibuno cy’uyu mukobwa ku buryo byoroshye heye buri wese ushishoza kubona ko ukukwiyongera kw’ikibuno no kutangana kudasanzwe kw’ingano y’itako byakozwe n’ikoranabuhanga rya Photoshop.

Abazi neza imiterere ya Joannah bahamya ko icyibuno cye kigagaragara kuri iyi foto ari baringa ndetse YEGOB.RW yegereye umuhanga mu gufotora itifuje gutangaza izina maze ayihamiriza atajinjiganya ko iyi foto yakoreshejweho ikoranabuhanga kugira yongererwe ingano y’igice cyo hasi.

Nawe reba iyi foto hano:

jakaakaa

 

 

Dore ingano  y’ukuri y’ikibuno cya Joannah 

jakaakaa-horz
Itegereze iyi foto urahita ubona itandukanyirizo rya Joannah nk’umuntu umwe ku mafoto abiri atandukanye

mkkkll

non

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
angeline
7 years ago

mureke uyumwari nibe nawe ntiyambara ibicuma mumabere ninkoko

Lionel Messi yahishuye uburyo ajya aterwa isoni n’ibintu Neymar akunda kumukorera

Dore impamvu Urban Boyz na Tom Close bivanye mu gitaramo bagombaga guhuriramo na 2Face