Inkuru rusange
Dore uburyo abakobwa bakwifashisha bukabafasha kwigarurira abagabo

Buri muntu afite itariki yavukiyemo umunsi yageze ku Isi ari nako buri muntu afite ibimuranga bitewe n’itariki yavutseho, ni muri urwo rwego twifuje kubasangiza imiterere yabahungu bavutse murmatariki atandukanye kugirango uzamenye uko ubitwaraho mu bijyanye n’urukundo
Abahungu bavutse hagati 20 Mata na 20 Gicurasi bizera ko bagomba gukurikira ibyiza gusa. Rero niba ushaka kwigarurira amarangamutima ye, mureke abanze akumenye neza kandi umwereke ko muntumbero yawe harimo gukunda gukora kandi wifuza kugera kubyiza byinshi kuko bakunda abakobwa bajya inama y’iterambere
Abahungu bavutse hagati ya tariki 21 Kamena na 22 Nyakanga bo bakunda abakobwa babakoraho cyane ndetse bagakunda abakobwa babegera bakababa hafi. Mugihe bababaye bakunda ko wabegera ukabakora mu isura ari nako ubahumuriza cyane ibi bikaba byagufasha kurambana nma bo.
Abahungu bavutse hagati 23 Nzeri na 22 Ukwakira ni abanyabirori. Mugihe wamenye ko avuka hagati yaya matariki gerageza ujye umutunguza ibirori umutumire nk’umushyitsi wibanze kandi uzirikane kumuteganyiriza icyo kunywa. Ibi nubyitaho ukabizirikana ntakabuza uzamwiharira.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Bimwe mu byamamare mpuzamahanga byatwawe umutima n’uburanga buhebuje bw’Abanyarwandakazi(AMAFOTO)
-
inyigisho20 hours ago
Nujya gusezera uwo ukunda ujye umuha ukuboko kw’ibumoso| dore impamvu
-
Imyidagaduro23 hours ago
URUKUNDO RURASHONGA:Bijoux wo muri Bamenya uherutse kwambikwa impeta yamaze guhindura Fiancé (VIDEO)
-
Imyidagaduro14 hours ago
Miss Ricca Michaella yumiwe nyuma yuko abajijwe niba ikibuno cye atari igipapirano
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umugore wa Nyakwigendera Dj Miller yongeye kwerekana ko akizirikana umugabo we
-
inyigisho21 hours ago
Uretse amabuno y’abakobwa b’i Kigali, dore ibindi bintu bisigaye bituma abagabo baca inyuma abagore babo
-
Inkuru rusange3 hours ago
Inkweto umwuzukuru wa Joe Biden yambaye sekuru arahira zikomeje guca ibintu hirya no hino ku Isi.
-
imikino3 hours ago
Yannick Mukunzi yagereranyijwe n’ibihangange Cristiano Ronaldo, Messi ndetse na Neymar