in ,

Dore uburyo abakobwa bakomeje gukizwa n’imbuga nkoranyambaga kubera uburanga n’imiterere bihebuje (amafoto)

Muri iki gihe imbuga nkoranyambaga zikomeje kugenda zitabirwa n’abantu batandukanye ku buryo budasanzwe, abahanga mu kurya amafarnga rero bakaba barabonye uburyo bwo kuzibyaza umusaruro, ku buryo ubu hari abantu (by’umwihariko abakobwa) batunzwe nazo. Uti ese bigenda bite?

Ubundi icyambere nu gushaka uburyo waba icyamamare kuri izo mbuga mbese ku buryo ukurikirwa n’abantu benshi, iyo icyo kimaze gukemuka utangira gushaka bantu bo kujya wamamariza bakakwishyura. Ubungubu hari bakobwa binjiza arenga ibihumbu 50 by’amadollari buri kwezi muri USA, ndetse no mu bindi bihugu bikomeye ku isi muri ubwo buryo.

Irebere ingero za bamwe mu bakobwa bakijijwe n’imbuga nkoranyambaga:

Katya Henry

pub3

pub2

pub4

pub7

pub5

 

Tianna Gregory

pub8

pub9

pub10

pub11

pub13

 

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Dore inkuru ibabaje mu ikipe ya Liverpool

Biratangaje: Irebere akandi gahigo Messi yaraye akoze ku mukino wa nijoro na Manchester City