Imyidagaduro
Dore impamvu udakwiye kubura mu birori bizitabirwa n’abambaye umutuku

Ku nshuro ya gatatu mu Mujyi wa Kigali hagiye kubera ibirori byo kurimba bya ’Red Avenue’, byitabirwa n’abafana ndetse n’ibyamamare mu byiciro bitandukanye mu mwambaro utukura ndetse n’umuteguro w’aho bibera uba wihariye.
Ibirori bya Red Avenue byabereye bwa mbere mu Rwanda kuwa 30 Gicurasi 2015, icyo gihe byabereye kuri Lemigo Hotel ahari hateraniye benshi mu bahanzi b’ibyamamare mu Rwanda.
Ku nshuro ya kabiri byitabiriwe n’umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania Vanessa Mdee hamwe n’umunyamideli Huddah Monroe wo muri Kenya.
Umuyobozi wa Miss Tee Creations, Sandra Teta ari na we wateguye ibi birori yavuze ko kuri iyi nshuro yashyizemo umwihariko kuva mu mitegurire n’imigendekere y’igikorwa. Yavuze ko ibirori by’uyu mwaka yabitumiyemo abahanzi bo mu Rwanda mu guha ingufu umuziki wo mu gihugu.
Uyu mwaka harimo itandukaniro, abazaza bazabibona, abahanzi ntabwo twazanye abanyamahanga nk’uko byagenze ubushize, twahisemo aba hano iwacu kugira ngo bizanafashe umuziki wo mu Rwanda gutera imbere.â€
Yongeraho ati “Iki gikorwa cyagiye kizamo impinduka nyinshi, ubushize twagisubitse kubera utubazo twari twajemo, ubu nta kindi cyabyitambika bizagenda neza. Ni ibintu twateguye tubyitayeho cyane, abazaza bazishima.â€
Sandra Teta yasobanuye ko batinze kwamamaza igikorwa kubera impamvu zirimo kuba baratinze guhabwa aho kizabera ndetse ngo hari ibyo bari bakinoza n’abaterankunga babo.

Abazitabira ibirori ‘Teta All Red Party’ bazatambuka kuri tapis itukura, bagirane ubusabane n’abahanzi b’ibyamamare bazabyitabira ndetse by’umwihariko bazasusurutswa n’itsinda rya Urban Boyz riherutse gutwara Primus Guma Guma.



-
Imyidagaduro15 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro13 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Imyidagaduro6 hours ago
Hamenyekanye impamvu Kimenyi Yves yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Miss Uwase Muyango igitaraganya
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
inyigisho15 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Izindi nkuru2 days ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.