in

Dore impamvu abantu b’igitsinagabo bose bategetswe gusohora inshuro 21 mu kwezi

Abahanga mu bijyanye n’imyororokere bavuga ko gusohora kenshi ari byiza kandi bigirira akamaro ab’igitsinagabo.

Nk’uko byatangajwe n’ubushakashatsi, ngo ni ngombwa ko umugabo nibura agomba gusohora inshuro zitari munsi ya 21 mugihe cy’ukwezi.

Ubushakashatsi buvuga ko biteganijwe ko abagabo bose bagomba gusohora byibuze inshuro 21 mu kwezi kugirango birinde kanseri ya prostate. Ubushakashatsi bwizera ko gusohora kenshi bishobora kugabanya ibyago byo kurwara kanseri ya prostate mugihe cyimyaka 18.

Byatangajwe ko abagabo bari hagati yimyaka 20 na 29, bashobora gusohora byibuze inshuro 21 mukwezi bafite amahirwe angana na 19 ku ijana yo kwirinda ibyago byo gufatwa na kanseri ya prostate kurusha abasohora gake wenda inshuro 4 kugeza kuri 7 mu kwezi.

Ubushakashatsi bwakomeje kandi buvuga ko abagabo bafite hagati y’imyaka 40 na 49, basohora byibuze inshuro 21 mu kwezi, bafite amahirwe angana na 22 ku ijana yokudasanganwa kanseri ya prostate. Uko ubikora cyane rero niko urushaho kwirinda kanseri ya prostate.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ahimbazwe Yesu
Ahimbazwe Yesu
1 year ago

Inkuru itagira reference books ibaho? Cg n ibyo wihimbiye Jean Claude

Miss Muyango agiye gukora kuri Televisiyo ikomeye hano mu Rwanda

Ikipe ikomeye hano mu Rwanda kandi ihabwa amahirwe yo gutwara igikombe ishyizeho umuvugizi mushya