in ,

Dore ikintu kihariye utazi mu gukunda kwa Safi Madiba (Amafoto)

Ubwo bisa naho hari aho ari umuziro gutunga imbwa hano mu Rwanda ibi ntabwo ariko bimeze ku muhanzi Safi (Urban Boyz) kuko we ngo  yaremeye  ayigura imuhenze kugira ayitunge ndetse kandi amakuru atugeraho yemeza ko ayikunda kurenza uko  ushobora kubicyeka.

Image result for Safi madiba

Nk’uko umwe mu nshuti za Safi zabibwiye YEGOB.RW ngo yayiguze mu mafaranga arenze ibihumbi 300 by’u Rwanda gusa ngo yayiguze koko ayikeneye kandi cyane kuko usanga ayikorakora incuro nyinshi ndetse yewe ngo ni gacye yasohoka mu rugo atayisezeye.

ati” twe byaradutunguye kuko ntabwo yigeze akunda imbwa kuva cyera,dore yayiguze ejo bundi amafaranga arenga 300k Rwf ariko kandi yayiguze ayishaka kweli kuko ubona ayikorakora ndetse ntamunsi ushira umukozi atayogeje ”

https://www.instagram.com/p/BLBg9slA71R/?taken-by=safimadiba_urbanboys&hl=en

Mu gihe hari ababona imbwa bakiruka kuri Safi we ntabwo ariko bimeze kuko ayikoraho akanayifotozanya  kandi akabikora atayishisha,Safi ni umwe mu bahanzi nyarwanda babashije kugaragaza ko badatinya iyi nyamaswa dore ko ngo nka Bruce Melody atayegera.

https://www.instagram.com/p/BLBhfS4A9Hf/?taken-by=safimadiba_urbanboys&hl=en

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urutonde rw’abastar Nyarwanda bagiye bagira ibihe bisharira mu rukundo

Zimbabwe:Inzoka irifuza gusambanya umusaza Amos nyuma yo gusambanya umugore n’umukobwa be