in ,

Dore ikintu gikomeye umugore wa T.I yamukoreye cyatumye ahungabana abantu bagatungurwa

T.I. and Tameka "Tiny" Cottle of Xscape (Photo by R. Diamond/WireImage)

Umuhanzi T.I wamenyekanye cyane ku isi yose kubera indirimbo zitandukanye yahimbye zigakundwa cyane ndetse n’ibitaramo bitandukanye yakoreye hirya no hino ku isi bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi, ku munsi w’ejo yatangaje ko yahungabanyijwe cyane no kumva amakuru yuko umugore we ariwe Tameka, uzwi cyane ku izina rya Tiny, yamuciye inyuma mu myaka ibiri ishize aho yabaga arimo kuryoshyanya n’undi muraperi.

Tiny_Side
Tiny, umugore wa T.I

Amakuru dukesha sandrarose.com aravuga ko Tiny yamenyanye n’uyu muraperi witwa Master P mu gihe T.I yari atangiye kwiyegereza Tiny nawe. Sandrarose.com ikomeza ishimangira ko muri iyo myaka ibiri, Tiny na Master P bari bafitanye umubano ukomeye cyane ngo dore ko n’imyambaro yose Tiny yambaraga ari Master P wayimuguriraga.

Tiny_Side1
Master P

T.I akimara kumenya aya makuru yagize ihungabana rikomeye cyane ndetse yirinze no kugira ibintu byinshi atangaza kuri uyu mubano ukomeye cyane wa Tiny na Master P gusa yagaragaje ihungabana rikomeye ndetse anasubiza amaso inyuma areba ibi bihe n’ukuntu yari abanye na Tiny abonako mu mubano wabo hajemo agatotsi bigaragara ko hari uwo yararimo kumurutisha muri ibyo bihe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba ifoto ya Butera Knowless yatumye umwe mu bafana be asingiza umubyeyi wamubyaye

Reba ifoto ya Miss Kalimpinya Queen yatumye umwe mu bafana be amubwira ko hahirwa uzamushyira mu mago