in

Dore ibintu byazanye Harmonize mu Rwanda urimo kwinywera agakoma mu biryogo

Harmonize arifiza gukorera igitaramo muri BK Arena ni nyuma y’uko uwo bahora bahanganye Diamond yanze kuza gukorera igitaramo cye mu Rwanda kubera ubwumvikane buke bwabaye hagati ye n’abari bateguye igitaramo.

Uyu muhanzi ari mu Rwanda biravugwa ko ari mu mishinga myinshi na Bruce Melodie ndetse n’abandi bahanzi batandukanye aho barimo gukorera indirimbo muri 1;55AM, Element akaba ariwe urimo kubafasha gutunganya indirimbo.

Nkuko ibintu byose ari ubucuruzi Kandi ntawemera guhomba, Harmonize yaje mu kumenyekanisha umuziki we mu Rwanda ndetse no kwiyegereza abanyarwanda cyane nyuma y’uko Diamond adutengushye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ibi mubyitondere kandi nta muntu bitaribugereho”  Unva ubuhamya ku butubuzi buri kubera kumbuga nkoranyambaga

Haringingo Francis yashimagije ubuhanga bw’abakinnyi babiri ba Rayon Sports yemeza ko aribo bazavamo ibitangaza muri Shampiyona y’u Rwanda