inyigisho
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.

- Ibikorwa bishobora kwangiza umubano w’abashakanye
- Ibitera umugore washatse agahinda gakomeye mu mibereho ye.
- Ibintu bishobora gutuma umugore akuzinukwa agatangira kuguca inyuma
Ibi ni ibintu umugabo wese yakagombye guha agaciro kandi akabizirikana cyane mu rwego rwo guha agaciro umugore we no kumenya ibyo aba amukeneyeho
Imibonano mpuzabitsina ku bashakanye ni igikorwa cy’ingenzi kurusha ibindi byose nk’uko duhora tubibibutsa. Nubona rero iki gikorwa kitakigenda neza murugo rwanyu uzamenyeko hari byinshi byamaze kwangirika, kandi bikaba bishobora no gusenya urugo rwanyu kuko biriya bihera imbere byangiza mu mitima y’abashakanye. Umugabo ukunda umugore we rero agamba kuzirikana ku byo aba akeneye ari na yo mpamvu YEGOB ibagira inama yo kwirinda ibi bintu:
1.Kwikinisha cyane
Igitsina cy’umugabo kimeze nk’imodoka, uko gikoreshwa cyane ninako kirushaho gucika intege. Ntushobora kwikinisha buri kanya ngo wibwire ko uzitwara neza buri gihe mu gitanda. Kwikinisha basore n’abagabo bamwe babikora batazi ko bibagiraho ingaruka mbi harimo no kubura ubushake. Ibi iyo ubikora cyane bigeraho ukumva utagikeneye kubonana n’umugore wawe kandi mu byukuri we aba agukenye, bigatuma rero mudahuza kuko yibaza ukuntu agiye gusubirana ubusugi bwo kudatera akabriro kandi yari mu bihe bye byiza byo kubikora. Niba wajyaga wiyangiriza ubuzima utabizi ukwiriye guhagarika iyi myitwarire.
2.Kuywa itabi
Kugira ngo umugabo agire ubushake buhoraho cyangwa budahindagurika ni uko amaraso aba atembera neza . Mugomba kumenya neza rero ko uburozi buba mu itabi bugira ingaruka mbi ku mitemberere y’amaraso, bikaba byateza ikibazo gikomeye umugabo inshuro nyinshi cyo kubura ubushake bwo gutera akabariro.
3.Kugira ibibazo ibibazo birenze/kwiheba
Ubushakashatsi bwagaragaje ko ibibazo byinshi byo kubura ubushake ku bagabo biterwa n’ibabazo bituruka mu mutwe. Ubusanzwe ibitekerezo by’umuntu ntibishobora kuba ahantu habiri icyarimwe. Biragoye ko umugabo yaba atekereza ibindi biazo ngo anitware neza mu gikorwa cyo gutera akabariro. Kwiheba cyangwa kugira ibibazo byinshi nayo ni impamvu itera abagabo kugira ikibazo cyo kubura ubushake. Ni naho uzasanga abagore benshi bijujutira abagabo babo ko batakemera ko batera akabariro ngo babarutishije akazi/ imirimo bakora kubera kuyihugiramo cyane ntibagire ubushake bw’akabariro kandi abagore babikeneye.
4.Kunywa inzoga nyinshi
Abagabo bamwe bakunda kunywa inzoga nyinshi mu rwego rwo kubongerera ubushake mu gihe cyo gutera akabariro ariko ntibamenye ko bari kwiyangiza. Mu nzoga haba harimo isukari kandi uko urushaho kunywa inzoga ninako urushaho kongera isukari mu mubiri ari nabyo bituma ubushake bugenda bugabanuka. Ikindi ni uko iyo umuntu yimenyereje kunywa inzoga ngo zimutere ubushake, umubiri ugeraho ukabimenyera kuburyo iyo zabuze ntabushake umugabo yagira.
Niba ushaka umukunzi kanda kuri iyi link ukurikize ibisabwa:http://yegob.rw/dating
Comments
0 comments
-
urukundo18 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima18 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda11 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze7 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga11 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho17 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda6 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda6 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana