Ubuzima
Dore ibihugu icumi bifite igisirikare kidahangarwa kurusha ibindi(2016).

N’ubwo bigoye kugira ubashe kumenya igihugu kirusha amaboko ikindi kuko ibyinshi bihisha imbaraga zabyo za gisirikare cyane cyane muri Africa,ntabwo bigoye  ariko kuvuga ngo igihugu runaka kirakomeye ugendeye ku mutungo n’imali gishora mu gisirikare cyacyo ndetse n’ingamba gistinda hirya no hino,twifashishije urutonde rwakozwe na Worldlist maze tubakorera uru rutonde rugaragaza ibisirikare bikomeye ku isi.
Mbere yuko dutangira tukwibutse ko uru rutonde rwakozwe hagendewe ku ngengo y’imali igihugu gishora mu gisirikare ariko kandi n’uburyo igisirikare gikomeye mu rwego rw’ibikoresho byo kurwanira mu kirere,mu mazi no ku butaka ntabwo hagendewe ku ngamba cyatsinze ,ushobora kwibaza uti ese ibihugu nka Israel,UK,S.A ,,,n’ibindi birihe,ntakibazo nawe watubwira igihugu ubona gikwiye kujya kuri uru rutonde bitewe n’uko ubyumva.
10.Brazil
Ikoresha angana na $31,576,000,000
9.Ubutaliyani.
Bukoresha angana na $31,946,000,000
8.Korea y’amajyepfo
ikoresha $28,280,000,000
7.Ubudage
Nabwo bukoresha $43,478,000,000
6.Ubufaransa.
Bukoresha angana na $58,244,000,000
5.Ubwongereza ,nabwo bukoresha angana na $57,875,170,000 mu gisirikare gusa.
4.Ubuhindi
Bushora angana na $44,282,000,000 mu guhora bwiteguye intambara.
3.Ubushinwa
Bukoresha $129,272,000,000 butegura igisirikare.
2.Uburusiya
bukoresha $64,000,000,000
- Leta zunze Ubumwe z’Amerika
zikoresha angana na $689,591,000,000 mu gutegura ingabo no gutunganya ibitwaro.
Ibijyanye no gukora intwaro za kirimbuzi  ntabwo byigeze birebwa ubwo hakorwaga urutonde,ikindi kandi ingengo y’imali yavuzwe igenda ihinduka bitewe n’igihe ndetse n’ubwoba igihugu gufite muri ibyo bihe.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Abantu batunguwe cyane n’amazi yo mu kiyaga cya Burera arimo kuzamuka mu kirere ntagaruke bakeka ko ari imperuka(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda2 days ago
«Boss wanjye yambwiye ko ndi MUBI ntakwiriye kugaragara mu mashusho» -Agahinda k’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda.
-
urukundo9 hours ago
Uyu mukobwa yahaye isomo rikomeye umukunzi we yari yasuye akanga kumuha itike imusubiza iwabo|menya ibyakurikiyeho.
-
Izindi nkuru18 hours ago
Ubugabo burenga 7000 bwafatiwe mu Bushinwa buvanwe muri Afurika.
-
Imyidagaduro9 hours ago
Umugabo wa Bahavu Jannet yamukoreye igikorwa kiramubabaza araturika ararira (amashusho)
-
Utuntu n'utundi1 day ago
Urukwavu rwa mbere ku isi mu bunini rwibwe|hashyirwaho akayabo ku muntu uzarugarura.
-
#KWIBUKA272 days ago
Se yahambwe ari muzima – Ubuhamya bukomeye bwa Uwizeyimana Josiane
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umupadiri yasezeye ku murimo w’ubusaseredoti kubera urukundo yakunze umukobwa wari umwe mu bakirisitu yari yararagijwe