in ,

Dore Couple z’ibyamamare mu Rwanda zimaze kwerekana uko urukundo rwabo ruhagaze

Rider man n'umufasha we Farid Nadia

Muri iki gihe tugezemo mu Rwanda ibyamamare tuzi yaba muri muzika cyangwa abandi bafite aho bahuriye nayo bamaze kugaragara mu rukundo ndetse bakabyerekana bityo ukibaza impamvu ibitera mu gihe bamwe batera inda bakazihakana ,ubu twabahitiyemo couples zimaze kugera ku ntego kandi bamaze kugirana amateka mu rukundo rwabo.
Muri uru rutonde harimo abanyamakuru babahanzi,abanyamakuru n’abandi bafite aho bahuriye n’amuzika nyarwanda bose bamaze kwerurira rubande iby’urukundo Rwanda

     Ally Soudi Uwizeye n’umufasha we Mwiza Carine

Ally Soudi Uwizeye n’umufasha we Mwiza Carine
Ally Soudi Uwizeye n’umufasha we Mwiza Carine

Iyi couples imaze imyaka itari mike ndetse bamaze kugirana umwana umwe ,baka baba mu leta z’unze ubumwe z’amerika ubu n’urugo rukomeye cyane rwugarijwe n’umutuzo ikindi iyi couple iri mu ma couples yafuguriye abandi bakaba bamaze imyaka igera kuri ine baba hanze y’u Rwanda

          Tom Close n’umufasha we Tricia

Tom Close n’umufasha we Tricia
Tom Close n’umufasha we Tricia

Tom close na tricia bamaranye igihe ariko kitari kinini  nabo ni urugo rumaze kugera kure ubu bakaba bafitanye umwana ndetse baratuye kandi barakomeye , iyi couple nayo irazwi cyane iri mungo zavugishije benshi cyane itangazamakuru ndetse n’abandi bantu bakurikira umuziki nyarwanda.

     David bayingan n’umufasha we Teriteka Kezie 

David bayingan n’umufasha we Teriteka Kezie
David bayingan n’umufasha we Teriteka Kezie

David Bayingana ni umunyamakuru w’imikino ukomeye mu Rwanda nawe yakabije inzozi ashakana n’umukobwa yari yarakunze witwa Teriteka Kezie bari bamaranye imyaka itari mike dore kuribo byari nko kuzimya bougie , urugo rwabo nabo rubamaze kumenyera cyane dore ko uyu musore nawe ari mubantu bamaze kuzamura agaciro kimikino mu Rwanda ariko ubu murugo rwabo harimo agatotsi kava k’umwana babyaye Bayingana we agatangaza ko uyu mwana ashobora kuba atari uwe.

Mike Karangwa n’umukunzi we

Mike Karangwa n’umukunzi we
Mike Karangwa n’umukunzi we

Mike karangwa ni umunyamakuru akaba akora n’akandi kazi ko mu buzima busanzwe akaba amaze iminsi arikumwe n’umukubwa mu bona kuri iyi foto ,biragarako bari m’urukundo kandi ko hari ikibyihishe inyuma bityo nabo ntibarashakana ariko igihe bamaranye ntibyaba nk’ibya Rider Man na Asina .

Mutesi Aurore Kayibanda n’umukunzi we Egide 

Mutesi Aurore Kayibanda n’um ukunzi we Egide
miss rwanda 2013 Mutesi Aurore Kayibanda n’um ukunzi we Egide

Uyu mukobwa amaze igihe kirekire ari mu rukundo n’umusore Egide w’umunyarwanda uba muri let z’unze ubumwe z’amerika ni umusore ufite ku mafaranga atari make dore mu buzima bwe bwa buri munsi akora icyo twakwita amashusho (VIDEO) ,nabo usibye kuba bakundana ntago barashakana ariko nabo ubona ko urukundo rwabo ntarindi herezo ni hatazamo nk’ibya K8 yakoreye akazuba cynthia

Rider man n’umufasha we Farid Nadia 

Rider man n'umufasha we Farid Nadia
Rider man n’umufasha we Farid Nadia

Umuhanzi uririmba injyana ya hip hop akaba nawe ari mu byamamare mu Rwanda bimaze gushinga ingo zigakomera ndetse ubu bakaba bafitanye umwana ikindi ni urugo ruzwiho kuba rufite amahoro usibye rudobya Asinah wahoze ari umukunzi wa Rider Man uhora ahimba ibintu byatuma ashwana n’umukunzi we Farid Nadia

Manzi James ariwe HUMBLE GIZZO n’umukunziwe Amy Blauman

Manzi James ariwe HUMBLE GIZZO n’umukunziwe Amy Blauman
Manzi James ariwe HUMBLE GIZZO n’umukunziwe Amy Blauman

HUMBLE G ni umusore wo mu itsinda rya URBAN BOYS rimamaze kwamamara mu rwanda no mu bindi bihungu bituranye n’ u rwanda kubera umuziki bakora .uyu musore akaba ari mu rukundo numukobwa Amy Blauman utari utari umunyarwanda bamaranye igihe kitari kinini kandi bakaba bamaze kugaragarana ahantu hatandukane bifashe neza ikindi urukundo rwabo rumaze kugera aho badashobora kuruhisha bityo nabo bakaba bari kurutonde rw’ibyamamare biri mu rukundo muri iyi minsi.

DERECK wo itsinda RYA ACTIVE AGAIN n’umukunzi we TETA SANDRA

DERECK wo mu itsinda rya ACTIVE AGAIN n’umukunzi we TETA SANDRA
DERECK wo mu itsinda rya ACTIVE AGAIN n’umukunzi we TETA SANDRA

Dereck ni umusore uririmba mu itsinda rya ACTIVE akaba nawe muri iyi minsi ari m’urukundo n’umukobwa TETA sandra , hashize igihe gito batangaje ko bari m’urukundo bityo abantu bakibaza niba ruzaramba atari nkayandirimbo ya Gitoko ngo rurashonga

Producer clement umukunzi wa Knowless butera

Producer clement umukunzi wa Knowless butera
Producer clement umukunzi wa Knowless butera

Producer clement ni umusore umaze kumenyekana muri muzika nyarwanda bityo akaba afite ubuhanga mu gukora indirimbo ,ubu niwe nyiri kina music studio ikora indirimbo mu rwanda hashize iminsi mike we n’umukunzi Knowless butera bemeranye kubana bibera imbere yimbaga y’abantu ubu nabo urukundo rwabo rugeze aharyoshye reka dutegereze ntibizabe nk’ibya davide bayingana n’umufasha we.

urutonde si aha ruragirira ubutaha tuzabagezaho n’abandi ariko biragaragara ko mu rwanda bamaze gutera intambwe ndetse bagifite ubwoba bwo gutangaza abo bari kumwe nabo mu rukundo 

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
uwamahoro charlotte
uwamahoro charlotte
6 years ago

nibyiza cyane baribakeye ariko nuko knowless yahemukiye safi murakoze

Nyampinga w’u Rwanda Jolly Mutesi yagiranye ikiganiro na Minisitiri Mushikiwabo

No Stress by Bull Dogg