in ,

Dore amafoto y’aba Miss bakoze amahano bigatera abantu gukemanga ku itorwa ryabo

Messed miss

Igikorwa cyo gutora ba nyampinga mu byiciro bitandukanye mu Rwanda kimaze imyaka itari mike gikorwa ndetse kikaba cyarasakaye cyane kugeza n’aho hari abatangiye gutora nyampinga ku rwego rw’akagari. Ubusanzwe uyu mwari utorwa ukurikije umuco nyarwanda akaba yakagombye kuba yujuje nibura ibi bikurikira:

  • Uburanga
  • Ubwitonzi
  • Ikinyabupfura
  • Ubuhanga

Nyuma y’uko hagiye hatoranwa ba nyampinga batandukanye harimo ba nyampinga b’amashuri yisumbuye, amashuri makuru ndetse na nyampinga w’igihugu, bamwe muri aba bakobwa bagiye bagaragaza imyitwarire yatumye benshi batangira kwibaza niba koko itoranwa ryabo ndetse n’itorwa ryabo biba byitondewe. Kuri ubu hari n’abadatinya gusanisha kuba nyampinga no guhinduka ikirara. Abavuga ibi bashingira ahanini ku myitwarire mibi ikomeje kugenda iranga bamwe muri aba ba nyampinga aho ndetse badatinya no kwigamba ibyo bakoze bakavuga ko nta kibi babibonamo. Dore bamwe muri aba banyampinga baranzwe n’imyitwarire idahwitse:

1.Miss Isimbi Amanda

Uyu yabaye igisonga cya 2 cyangwa Second runner mu cyahoze ari SFB mu mwaka wa 2013. Mu kwezi kwa 11/2014 uyu mukobwa yitabiriye ibirori bya High School Idols maze aza gufotorwa ifoto yagaragazaga igitsina cye kuko nta mwenda w’imbere yari yaje nyambaye. Iyi foto yavuzweho byinshi ndetse uyu mukobwa aza no gusaba imbabazi. Gusa ibi byari nk’itangiriro kuko mu mwaka wa 2016 yitabiriye ibirori byari byarimo umuhanzi Kiss Daniel ukomoka muri Nigeriya maze akajya ku rubyiniro aho uyu muhanzi yamukorakoye bigatinda. Iki gihe bwo Miss Amandine yahise yiyama abavuze ko bitari bikwiye ko akora ibyo mu ruhame.

Miss Amanda wagaragaje hagati y’amaguru ubwo yari yitabiriye ibirori
  1. Miss Mutoni Balbine

 

Uyu mukobwa yabaye igisonga cya 4 cya Miss Rwanda mu mwaka wa 2015. Miss Balbine ubu uri kwiga muri Kaminuza i Toronto muri Canada nawe aherutse gutungura abantu ubwo yashyiraga hanze ifoto ye yambaye ubusa buri buri. Avuga ku byabaye Miss Mutoni Balbine yavuze ko yacitswe ko yabikoze ashaka kureba umusaruro w’imyitozo ngororamubiri yari amaze iminsi akora nyuma akaza kwibeshya akayishyira kuri snapchat anaboneraho gusaba imbabazi. Gusa abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga bakavuga ko yari amaze iminsi akora ibisa n’ubushotoranyi harimo na video yari amaze iminsi ashyize hanze yerekana ikibero ari mu bwogero.

Reba iyo video hano

https://www.youtube.com/watch?v=rAE1N4_EuU8

Image result for Balbine naked

Aba akaba ari bamwe mu ba Miss bagaragayeho imyitwarire itari myiza nyuma yo gutorerwa kuba ba Nyampinga mu marushanwa atandukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akumiro: Kim Kardashian yafashwe akorakorwa ku kibuno n’umwe mu barinzi be (amafoto)

Nyuma yo kwirukanwa na Manchester United, Zlatan Ibrahimovic yabonye ikipe nshya