in ,

Dore amafoto atuma benshi bemeza ko The Ben ariwe mustar wambara neza muri Showbiz Nyarwanda

Mu buzima kwambara neza ni ibintu byiza kuko uretse kuba  bigaragaza neza umuntu binatuma yiyubahisha aho agiye hose.

Mu bushakashatsi Yegob.rw yakoze aho yaganiriye n’abantu batandukanye barimo abafana, abanyamideli ndetse n’abandi tukaba twarasanze ngo The Ben ariwe musore w’umustar Nyarwanda wa mbara neza ndetse akandi uberwa kurusha abandi.

Ibi ngo bikaba biterwa ahanini n’igahararo cye (ngo urebye nta myenda itamubera) ndetse n’ahanti ba ariho USA ngo hamworohereza mu kubona imyambaro myiza kandi igezweho.

ben18

ben17

ben16

ben15

ben13

ben12

ben7

ben6

ben3

ben2

Hagati aho ku bafana ba The ben ngo amashusho y’indirimbo Habibi azashyirwa ahagaragara kuri uyu wa mbere.

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Manchester United iri mu mazi abira

Tour du Rwanda: Abanyarwanda batangiye kwigaranzurwa (Dore uko bihagaze )