yegob.rw
Dore amafoto agaragaza ubwiza n’uburanga bihebuje by’umukunzi wa Eric Rutanga, myugariro wa APR FC - YEGOB
Eric Rutanga myugariro ukina ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe ya APR FC, aharutse kwerekana umukobwa bari mu rukundo muri iyi minsi ariwe Wendy Sultan. Rutanga na Wendy Sultan, bakaba batajya bahisha iby’urukundo rwabo haba ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram, Facebook n’ahandi hatandukanye ndetse bakaba bariyise (Eriwendy cyangwa se team23). More
YegoB