in ,

Dore amafoto agaragaza ubwiza n’uburanga bihebuje by’umukunzi wa Eric Rutanga, myugariro wa APR FC

Eric Rutanga myugariro ukina ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe ya APR FC, aharutse kwerekana umukobwa bari mu rukundo muri iyi minsi ariwe Wendy Sultan.

Rutanga na Wendy Sultan, bakaba batajya bahisha iby’urukundo rwabo haba ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram, Facebook n’ahandi hatandukanye ndetse bakaba bariyise (Eriwendy cyangwa se team23).

rutanga13

rutanga12

rutanga2

rutanga3

rutanga4

rutanga5

rutanga6

rutanga7

rutanga8

rutanga9

rutanga10

rutanga1

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kumujugunya Romelu Lukaku yemeye kugaruka muri Chelsea ariko akayisaba gukora ikintu kimwe gusa

Umutoza uzasimbura Luis Enrique mu ikipe ya Fc Barcelona yatangarijwe mu bwihisho