in ,

Dore amafoto agaragaza ubwiza bw’umwe mu banyarwandakazi bakurura abagabo benshi mu Rwanda

Yitwa Shaddy akaba yaramenyekanye bwa mbere ubwo yajyaga mu mashusho y’indirimbo ya King James yitwa “Buhoro buhoro” aha hari mu mwaka wa 2011. Guhera muri uwo mwaka wa 2011, Shaddy yakomeje gukundwa n’abantu benshi cyane haba hano mu Rwanda ndetse no hirya no hino ku isi. Abenshi bakunze amafoto agaragaza ubwiza bwe adasiba gusangiza abakunzi be abiyujije ku rukuta rwe rwa Instagram. Hano twabakusanyirije amwe muri ayo mafoto.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru Ishyushye: amazina y’abana b’impanga Beyonce aherutse kwibaruka yamenyekanye

Ibyishimo bikomeye byasaze imitima ya Jay Z na Beyonce (isomere impamvu)