in ,

Dore abakinnyi 2 bakomeye Arsene Wenger agiye kugura nyuma yo gusinya amasezerano mashya muri Arsenal

Nkuko BBC yaraye ibitangaje, umutoza Arsene Wenger yaraye asinye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe y’Arsenal. Ubu rero akaba yatangiye gushaka abakinnyi bashya bo kongera kubo asanganwe ngo arebe niba Arsenal yazitwara neza saison itaha.

Nkuko ikinyamakuru The Mirror cyabitangaje, abakinnyi babiri Wenger yifuza ntabandi ni Thomas Lemar ukinira ikipe ya AS Monaco, ndetse na Riyad Mahrez uherutse gutangaza kumugaragaro ko atagishaka gukinira ikipe ya Leicester City.

Thomas Lemar

Wenger akaba yaragaragaje ko yifuza Mahrez kuva umwaka ushize gusa ubushize ntibyakunze kuko uyu musore yari yemereye abayobozi ba Leicester ko azayikinir aundi mwaka kugirango idahita isubira mu kiciro cya kabiri.

Riyad Mahrez

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zinedine Zidane na Jose Mourinho bwa mbere mu mateka yabo basuzuguwe n’umukinnyi ukomeye

Dore amafoto y’abastar nyarwanda yakunzwe cyane akanatangarirwa na benshi kuri instagram muri uku kwezi