in

Donald Trump yibasiwe n’ibyamare azira itegeko rirengera abahinduje igitsina

Ubuyobozi bwa Trump bwakuyeho itegeko rirengera abantu bihinduje igitsina ryari ryashyizweho ku gihe cya Obama, ryavugaga ko umuntu ahita kuba yaba umugabo cyangwa umugore bitwe n’uburyo yiyumva muri we kabone niyo byaba bitandukanye nuko yavuze.

Iri tegeko rero ubuyobozi bwa Trump bukaba bwarikuyeho nyuma y’igihe kinini abanyamadini bakora uko bashoboye ngo riveho aho basanga umuntu agomba kwitwa umugabo cyangwa se umugore bitewe nuko yavutse. i rero bikaba byatumye ibyamamare bikomeye byo muri America nka Ariana Grande, Gabrielle Union ndetse nabandi byibasira Trump aho bisanga yafashe icyemezo kidakwiye.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto ya Miss Igisabo yeteje impagarara kuri Instagram

Reba Amagambo yuzuye imitoma Miss Teta Sandra yabwiye Weasel ku isabukuru ye