in

Dj Ira ati :”Njye nta mukobwa twigeze turyamana ntago ndi umutinganyi”

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/01/dj3.jpg

Dj Ira, umurundikazi ukorera mu Rwanda akazi k’ubu Dj, uherutse gususurutsa abantu mu muhango wo gutora abakobwa 20 bakomeje mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 yahakanye amakuru avugako yaba ari umutinganyi.

Mu kiganiro yagiranye na KT radio, Dj Ira akaba yagarutse ku kibazo akunze guhura nacyo cy’abasore bajya bashaka kumukorera ibyamfurambi rimwe na rimwe ari muri boite, ndetse ananyomoza amakuru yagiye avugwa ko yaba akundana n’abakobwa bagenzi be, aho yahakanye yivuye inyuma ko atigeze aryamana n’umukobwa na rimwe.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musaza wa Josiane yarijijwe n’ibyabaye kuri kuri Mwiseneza Josiane muri Miss Rwanda

You by Sintex