in ,

Diego Armando Maradona yagarutse ku buryo budasubirwaho mu mupira w’amaguru

diego_maradona

Nyuma y’imyaka igera kuri itanu nta kipe afite, kuko kuva yava mu ikipe ya Al Wasl yo muri Leta zunze ubumwe z’abarabu yari umushomeri, umugabo wakanyujijeho mu mupira w’amaguru Diego Armando Maradona akaba yongeye kubona ikipe yo gutoza.Image result for Maradona

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cy’iwabo muri Argentina El Pibe de Oro uyu mugabo w’imyaka 56 y’amavuko kuri ubu akaba yamaze gusinya amasezerano yo gutoza ikipe ya  Fujaïrah Sports Club yo muri Leta zunze ubumwe z’abarabu nanone. Ibi byabaye nyuma y’igihuha cyavugaga ko uyu Maradona yamaze gusinya gutoza ikipe ya Napoli yo mu butaliyani. Iyi nkuru ikaba yasohotse mu rwego rwo kunyomoza iki gihuha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uburyo Cristiano Ronaldo n’umukunzi we bagize ibihe byiza ku cyirwa cya Ibiza(Amafoto)

Iyumvire impamvu itangaje yatumye Rihanna atandukana na Benzema