in ,

David Beckham ati :”Cristiano Ronaldo ntiyigeze agera ku rwego rwa Messi”

Kimwe mu bintu bikunze gutuma abakunzi b’umupira w’amaguru bajya impaka rukabura gica nukugereranya Crsiatiano Ronaldo na Lionel Messi, ibi rero bikaba bituma kenshi na kenshi abanyamakuru bakunze kubaza abandi bakinnyi iki kibazo ngo bumve uwo babona arusha undi.

Mu munsi yashize rero David Beckham akaba yarabajijwe iki kibazo maze niko gusubiza agira ati :“Ni byiza cyane ku mupira w’amaguru kugira abantu babiri nka bariya gusa Lionel Messi arihariye, ntawundi mukinnyi nkawe uzigera abaho. Cristiano ntiyigeze agera ku rwego rwe, ariko abo bombi bari hejuru y’abasigaye bose ku isi “

 

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amayeri Fc Barcelone ishaka gukoresha ngo igarure Neymar

KANYE WEST arongeye arasubiriye no muri 2020