Imyidagaduro
Danny Vumbi :Kumvugaho kwambara nabi ntibyahungabanya na gato urugendo rwanjye muri Guma Guma!

Birashoboka ko warebye Igitaramo cya Primus Guma Guma giherutse kubera i Karongi,birashoboka kandi ko waba warabonye byinshi wavuga ,si wowe gusa rero kuko n’abakoze ikiganiro sunday night babonye ko ngo imyambarire y’ umuhanzi Danny Vumbi itari inogeye ijisho.ibi bisa naho Danny Vumbi atabyakiriye neza maze ajya kuri Facebook ,yandikaho amagambo agira ati”†Umunyamakuru wasabye muri sunday night show ko ntazongera kwambara iyi shati arifuza ko nambara iki? Kwambara nabi kuri we ni ukwambara nk’ugiye mu bukwe!?
Birashoboka ko yaba yari yambaye nabi koko, ariko se ubundi kwambara neza cyangwa nabi n’ukuhe? tukibaza ibi ,Umunyamakuru wacu yabajije Danny Vumbi uko yakiriye iyo mvugo” atubwira ko atari neza, gusa kandi ngo ntanagito byakora ku rugendo rwe muri Guma Guma kuko ngo iteka azahora akora ibikwiye ndetse yongeraho ko Umunyamakuru ataba ari mu kanama nkemurampaka ,iyi akaba ari nayo mpamvu avuga ko imvugo ye ntacyo yakora ku rugendo rw’umuhanzi wiyemeje gutsinda.
Danny uvuga ko atacika intege na gato yirinze kuvuga byinshi kubijyanye n’uko yavuzweho kwambara nabi ahubwo ashimangira ko akataje mu tugamba rwo guhatanira Guma Guma.Ese wowe urabona koko yari yambaye nabi?
Comments
0 comments
-
urukundo10 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Imyidagaduro20 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Ubuzima11 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda24 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda3 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Mu Rwanda23 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
Hanze20 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze
-
urukundo23 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.