in

Cristiano Ronaldo yashyiriweho ikibumbano mu mujyi wa new York

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Cristiano Ronaldo yashyiriweho ikibumbano mu mujy wa New York ahitwa Times Square mu mujyi wa New York .

Ronaldo ukunzwe ku mbuga nkoranyambaga kurusha abandi bakinnyi bose bo mu mikino itandukanye ku isi,akomeje kwerekwa urukundo hirya no hino ku isi.

Ronaldo na Portugal akinira baraye bageze muri Qatar aho bagiye kwitabira igikombe cy’isi.

Ronaldo yemeje ko azasezera ku mupira w’amaguru naramuka afashije igihugu cya Portugal gutwara igikombe cy’isi.

Uyu yafashije Portugal kwegukana Euro 2016,ari mu itsinda rimwe na Ghana, Uruguay na Koreya y’Epfo mu gikombe cy’isi.

Ronaldo kandi afite igishushanyo iwabo I Madeira aho yakuriye akoropa imihanda ariko abihuza no gukina ruhago.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza kuri Mukunzi Yannick ndetse n’umugore we Iribagiza Joy,aba bombi bitegura kuza gukorera ubukwe i Kigali

Umunyamakuru Annet Mugabo wa Radiotv10 yageze muri Qatar aho agiye kwitabira igikombe cy’isi, gusa ubushyuhe bw’icyo gihugu bwamwemeje(videwo)