in ,

Cristiano Ronaldo ari mu mazi abira

Mu gihe mu gihugu cya Espagne barimo bitegura umukino uri buhuze Fc Barcelone na Real Madrid usanzwe uzwi nka El Clasico, umukinnyi wa Real Madrid, Cristiano Ronaldo we yifitiye ibindi bibazo bimuhangayikishije aho ashinjwa kunyereza imisoro itagira ingano.

Résultat de recherche d'images pour "cristiano ronaldo angry"

Nkuko ikinyamakuru Mediapart cyabitangaje, rutahizamu wa Real Madrid Cristiano Ronaldo ngo yaba yaranyereje imisoro kuri miliyoni 150 z’amayero yinjije kuva mu mwaka wa 2009 ubwo yasesekaraga muri Real Madrid.

Nkuko icyo kinyamakuru gikomeza kibitangaza ngo si Cristiano Ronaldo gusa waba uri muri ibyo bibazo kuko n’abandi bakinnyi bakomeye ndetse n’abatoza bakorana na Jorge Mendes nka Jose Mourinho, James Rodriguez, Falcao nabo bugarijwe nicyo kibazo cyo kunyereza imisoro.

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
kamanzi
7 years ago

that”s fun

Ibare by King James

Irebere icyo ubugome bw’indengakamere bwabyariye Sergio Kun Aguero n’ikipe ya Manchester City