Imyidagaduro
Clarisse Karasira yaririmbiye Umugabo we akanyamuneza karamurenga (amashusho)

Umuhanzikazi Clarisse Karasira wamamaye cyane hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye cyane cyane iziri mu njyana ya gakondo zanakunzwe n’abantu benshi, yaririmbiye Umugabo we, Sylvain Dejoie Ifashabayo, maze akanyamuneza karamurenga. Nkuko amashusho Clarisse Karasira yashyize kuri instagram ye abigaragaza, uyu mukobwa yaririmbiye Umugabo we indirimbo ye yise « Urukerereza » maze ayiherekesha amagambo agira ati “Urukerereza rwanjye🥰 #KINGDEJOIE @sylvaindejoie 👑❣”.
Ibi bibaye mu gihe Clarisse Karasira n’umugabo we, Sylvain Dejoie, barimo kwitegura ubukwe bwabo mu minsi ya vuba dore ko imihango yo gusezerana imbere y’amategeko bayirangije.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda21 hours ago
Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa
-
Imyidagaduro14 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi18 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Izindi nkuru21 hours ago
Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .
-
Mu Rwanda17 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
urukundo3 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda16 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo17 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.