in

Christopher yatangaje ko kwishyiraho Tattoo ku kuboko kwe bifitanye isano na Mama we umubyara witabye Imana(Amafoto)

Umuhanzi nyarwanda Muneza Christophe uzwi ku mazina ya Christopher yatangaje ko impamvu yamuteye kwiyandika ku kukuboko kwe ibyo bita Tattoo, yavuze ko yanditse ho izina rya Mama we umubyara Gahongayire Marie Mativitas kugira ngo bijye bimworahera kumwibuka.

Mu kiganiro yagiranye na The Choice Live yagaragaje ko iyi Tattoo yayanditse ku kuboko kwe kw’ibumoso ngo kubera ko ariko kuboko akoresha kumubangukira mu bintu byinshi, urugero nko kurya ndetse ngo agikina umupira yacaga ku ruhande rw’ibumoso ahazwi nko kuri 3.

Mama we umubyara Gahongayire Marie Mativitas yitabye Imana mu kwezi kwa Mutarama 2021 azize uburwayi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Marina Deborah na Yvan Muziki byavuzwe ko bakundana barabihakana none ubu bajyanye i Dubai

Umukinnyi ngenderwaho muri Musanze FC yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo kuvuga ikipe izatwarwa igikombe cya shampiyona hagati ya Rayon Sports, Kiyovu Sports na APR FC